Difference between revisions of "Template:Inkuru zigezweho"

From Wikirwanda
Jump to: navigation, search
Line 1: Line 1:
[[File:Kayirebwa.jpg|200px|thumb|right|Kayirebwa Cécile]]Cécile Kayirebwa ni umuhanzi nyarwanda  w’indirimbo z’umuco ,akaba yaravukiye i Kigali mu mwaka w’1964 akaba yaragize ubwana butari bubi na gato. Cécile Kayirebwa ni umwana wa kabiri mu muryango w’abana cumi na babiri. amashuli abanza yayigiye Kigali mu ishuli rya "Notre Dame de Citeaux" ,amashuli yisumbuye yayakomereje muri Ecole sociale de Karubanda i Butare aho yamaze imyaka 6,aha yaje gushinga itorero rye rya mbere, byaje rero kumutera imbaraga bituma akomeza guhimba indirimbo zijyanye n’umuco harimo n’ iyo yahimbiye umwamikazi Gicanda Rosalie bityo we n’iryo torero rye bagashyushya ababyeyi kakahava mu minsi mikuru y’ishuli. ni muri icyo gihe yatangiye guhimba indirimbo ze bwite ndetse zimwe na zimwe zitangira guca kuri Radio Rwanda. Soma inkuru irambuye [[Kayirebwa Cécile]]
+
[[File:Kayirebwa.jpg|200px|thumb|right|Kayirebwa Cécile]] '''Kayirebwa Cécile''' ni umuhanzi nyarwanda  w’indirimbo z’umuco ,akaba yaravukiye i Kigali mu mwaka w’1964 . Cécile Kayirebwa ni umwana wa kabiri mu muryango w’abana cumi na babiri. amashuli abanza yayigiye Kigali mu ishuli rya " Lycée Notre Dame de Citeaux" ,amashuli yisumbuye yayakomereje muri Ecole sociale de Karubanda i Butare aho yamaze imyaka 6,aha yaje gushinga itorero rye rya mbere, byaje rero kumutera imbaraga bituma akomeza guhimba indirimbo zijyanye n’umuco harimo n’ iyo yahimbiye umwamikazi [[Gicanda Rosalie]] bityo we n’iryo torero rye bagashyushya ababyeyi kakahava mu minsi mikuru y’ishuli. ni muri icyo gihe yatangiye guhimba indirimbo ze bwite ndetse zimwe na zimwe zitangira guca kuri [[Radio Rwanda]]. Soma inkuru irambuye [[Kayirebwa Cécile]]

Revision as of 03:59, 5 January 2011

Kayirebwa Cécile
Kayirebwa Cécile ni umuhanzi nyarwanda w’indirimbo z’umuco ,akaba yaravukiye i Kigali mu mwaka w’1964 . Cécile Kayirebwa ni umwana wa kabiri mu muryango w’abana cumi na babiri. amashuli abanza yayigiye Kigali mu ishuli rya " Lycée Notre Dame de Citeaux" ,amashuli yisumbuye yayakomereje muri Ecole sociale de Karubanda i Butare aho yamaze imyaka 6,aha yaje gushinga itorero rye rya mbere, byaje rero kumutera imbaraga bituma akomeza guhimba indirimbo zijyanye n’umuco harimo n’ iyo yahimbiye umwamikazi Gicanda Rosalie bityo we n’iryo torero rye bagashyushya ababyeyi kakahava mu minsi mikuru y’ishuli. ni muri icyo gihe yatangiye guhimba indirimbo ze bwite ndetse zimwe na zimwe zitangira guca kuri Radio Rwanda. Soma inkuru irambuye Kayirebwa Cécile